Kujyana Abana mu Marerero bikwiye kuba intego ya buri wese
Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage MUREKATETE Juliet yavuze ko buri muturage akwiye kumva ko amarerero afite umumaro…
Abazitabira Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13 basabwe gukunda Igihugu no ku gikorera
Mu Karere ka Nyagatare kimwe n’ahandi mu Gihugu hose hatangijwe ku mugaragaro ibikorwa by’Urugerero rw’Inkomezabigwi ikiciro cya 13, byitabiriwe…
Kiyombe: Urubyiruko 20 rwahawe impamyabumenyi mu bijyanye no kwita ku miyoboro y’amazi
Urubyiruko 20 rwo mu Murenge wa Kiyombe rwahawe impamyabumenyi mu masomo bari bamaze amezi atandatu mu ishuri rya Cyondo TSS, aho bize amasomo yo…
Imirire y’abana, isuku n’imyigishirize, mu byo Abayobozi b’ibigo by’amashuri basabwe kwitaho
Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere Kakooza Henry, yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri kuba biteguye bihagije kwakira abanyeshuri, by’umwihariko…
Abivuriza ku ivuriro rya Nyabitekeri bishimira ko begerejwe serivisi z’amaso
Abarwayi bagana Ivuriro rya Nyabitekeri ryongerewe ubushobozi (Second generation) riherereye mu Karere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe barishimira…
Mu Murenge wa Rukomo hatangirijwe ishyirwa mu bikorwa ry’igihano gishya cy’imirimo nsimburagifungo
Mu Murenge wa Rukomo hatangirijwe ku mugaragaro ishyirwa mu bikorwa ry’igihano gishya cy’imirimo y’inyungu rusange, gihabwa abafunzwe bahamijwe ibyaha…
Karama: Abaturage basabwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n'icuruzwa ry'abantu
Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Beline Uwineza, yasabye ababyeyi bo mu Karere ka Nyagatare kugira umuco wo…
Abaturage batuye Mirama bishimiye isoko bubakiwe
Abaturage bo mu Murenge wa Nyagatare, Akagari ka Nyagatare, Mirama II bishimiye ko bubakiwe isoko rizabarinda imvura izuba n’ivumbi byabazengereje…
Abaturage bashima ko iterambere bagezwaho ntawe riheza
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare bagaragaza ko ibikorwa bagezwaho by’iterambere bitagira uwo bisiga inyuma by’umwihariko umujyi wa…